Paroles de la chanson Dusange Uwiteka par Dukurire Muri Yesu Choir

Chanson manquante pour "Dukurire Muri Yesu Choir" ? Proposer les paroles
Proposer une correction des paroles de "Dusange Uwiteka"

Paroles de la chanson Dusange Uwiteka par Dukurire Muri Yesu Choir

Mugenzi wanye reba 
Iyisi yacu irangiye 
Umwanzi satani arabona
Igihe cye kirangiye
Dusange yesu kugira 
Tuzabona ubugingo 
Twitahire mwijuru 
Dusange uwiteka atezemaboko 
Ntawe aheza ntawe esubizi inyuma 
Bose arabakira 
Kuko yabapfiriye (ngaho nimusange)

Dusange uwiteka 
Ateze maboko ntawe aheza 
Ntawe aubiza inyuma
Bose arabakira (Bose arabakira aah)
Kuko yabapfiriye

Murinziwe ngaho bwira (murinziwe ngaho bwira)
Iyisi yacu igezehe (kombona ibintu byose)
Kuko mbona ibintu byuose (kuko mbona ibintu byuose)
Mbon'isi yacu irangiye (Nyamara benshiii)
Nyamara benshi barasinziriye hee
Imitima yaguyé ikinya 
Dukeneye mwukawera 

Dusange uwiteka 
Ateze maboko ntawe aheza 
Ntawe  aheza inyuma
Ntawe asubizi inyuma
Bose arabakira 
Kuko yabapfiriye (ngaho nidusange)

Dusange uwiteka (Dusange uwiteka) 
Ateze maboko ntawe aheza 
Ntawe  aheza 
Nyawe asubibaza inyuma
Bose arabakira (Bose arabakira aah)
Kuko yabapfiriye (Bose arabakira aah)
(Bose arabakira aah) kuko yabapfiriye
Bose arabakira (Bose arabakira aah)
Kuko yabapfiriye

Paroles.net dispose d’un accord de licence de paroles de chansons avec la Société des Editeurs et Auteurs de Musique (SEAM)

Sélection des chansons du moment