Paroles de la chanson Mama par Cyusa n'Inkera

Chanson manquante pour "Cyusa n'Inkera" ? Proposer les paroles
Proposer une correction des paroles de "Mama"

Paroles de la chanson Mama par Cyusa n'Inkera

Maama wambyaye
Maama nkesha imico myiza
Ukora ngo nishime, ngo nezerwe
Ushakashaka hose ngo mbeho neza
Mama wambyaye

Nakugereranya nande,nakunganya nkande
Wowe wemeye kuba babiri uri umwe
Undata hose ngo bamenye uri igitego mu
Babyeyi uri imena mu bishongore
Uri indatwa itaratwa n'uwo yakoreye gusa
Kuko imbabazi zawe zigaragara hose aho
Ugeze hose mama wambyaye

Mama wambyaye
Mama nkesha imico myiza ukora ngo nishime
Ngo nezerwe ushaka shaka hose ngo mbeho neza
Mama wambyaye

Maman warandeze umpa urukundo rwiza udutoza gukundana
Uko turi babiri ntanumwe uvanguye!!
Nkwijeje ikintu kimwe ko ntazakwibagirwa aho
Naba ndi hose kuko wambereye byose nta nahatoya usize
Niyo mpamvu ngira nti
Uri ikirenga wee
Cyambu cy'imana disi
Rugero rw'aheza maman
Njye nzakurwanira ishyaka
Mu bazakurwanya shenge
Giti nashibutseho
Ntacyo uzaba mpari

Mama wambyaye
Maama nkesha imico myiza
Ukora ngo nishime ngo nezerwe
Ushaka shaka hose ngo mbeho neza
Mama wambyaye

Paroles.net dispose d’un accord de licence de paroles de chansons avec la Société des Editeurs et Auteurs de Musique (SEAM)

Sélection des chansons du moment