Paroles de la chanson Ntabwo Yantegereza par Ariel Wayz

Chanson manquante pour "Ariel Wayz" ? Proposer les paroles
Proposer une correction des paroles de "Ntabwo Yantegereza"

Paroles de la chanson Ntabwo Yantegereza par Ariel Wayz

Harya uribuka
Umunsi yambwiraga yuko ashaka ko duhura
Burya twarahuye
Nyimukubita amaso numva umutima urankutse
Nawe yasaga nkuwatinye kumbwira
Yasaga nkuwananiwe guhitamo
Sinamubeshyera kwatankuze
Gusa kugumana ntibyakunze
Nicyo bita amahitamo
Naramuretse aragenda

Ati kuba ndimwiza ndimwiza
No kunkunda arankunda
Ariko ntabwo yanegereza
Ati kuba ndimwiza ndimwiza
No kunkunda arankunda
Ariko ntabwo yanegereza
Aaaaaaah aaah aaa
Afite gahunda
Aaaaaaah aaah aaa
Ntabwo yanegereza

Nihagazeho
Nirindaga kumwereka yuko haricyo binwaye
Ariko numvaga
Umutima wanjye wenda gutakara
Sinjye wabonye dutandukana
Sinjye wabonye muva mumaso
Sinamubeshyera kwatankuze
Gusa kugumana ntibyakunze
Nicyo bita amahitamo
Naramuretse aragenda

Ati kuba ndimwiza ndimwiza
No kunkunda arankunda
Ariko ntabwo yanegereza
Ati kuba ndimwiza ndimwiza
No kunkunda arankunda
Ariko ntabwo yanegereza
Aaaaaaah aaah aaa
Afite gahunda
Aaaaaaah aaah aaa
Ntabwo yanegereza

Paroles.net dispose d’un accord de licence de paroles de chansons avec la Société des Editeurs et Auteurs de Musique (SEAM)